Friday, April 22, 2016

ijambo ry'

Erega nzi ibyo nibwira nzabagirira! Ni amahoro si bibi, Ese birashoboka kumenya umugambi w’Imana ku buzima bwawe ? Sobanukirwa : new you Zaburi 143 :10 haravuga hati “ Unyigishe gukora ibyo ushaka, Kuko ari wowe Mana yanjye, Umwuka wawe mwiza anyobore mu gihugu cy’ikibaya” Ni gute namenya umugambi w’Imana ku buzima bwanjye ? Ni ikibazo cyibazwa kenshi n’abantu batandukanye bifuza kubaho ubuzima bwa gikristu. Ikibazo ni uko hari abantu batamenya ko muby’ukuri Imana ibafiteho umugambi. Mugitabo Cya Zaburi 32 :8 haravuga hati :« Nzakwigisha nkwereke inzira ... Read More » Sobanukirwa n’amagambo arindwi Yesu yavuze ubwo yari ku Musaraba. The-Hope-Found-at-the-Cross-630x320 Yesu ubwo yari ku musaraba hari amagambo arindwi yavuze. Buri rimwe muri ayo magambo yavuze rifite ubusobanuro bukomeye ku Itorero ndetse no kubamwemera bo ku Isi yose . Sobanukirwa n’ayo magambo : Ijambo rya mbere: Luka 23:34 “ Data, ubababarire kuko batazi icyo bakora“ ♦ Iri ni isengesho ubwo yabwiraga ise ngo ababarire abamubambye ♦ Ese iyo natwe dusabira abaduhemukiye ngo ... Read More » Impamvu 5 zidutera gusengera Igihugu — Fidèle Masengo Frash pic Ni kenshi mu Rwanda abantu bafata umwanya bagasenga biherereye basengera Igihugu cyabo . Aya masengesho ashobora gukorwa n’umuntu umwe ku giti cye ,itsinda cyangwa Itorero runaka bitewe nicyo umwuka w’Imana yavuze ndetse n’icyifuzo basengera. Umukozi w’Imana Bishop Fidèle Masengo uyoboye Itorero Foursquare mu Rwanda yashyize hanze impamvu eshanu zitera abantu gusengera Igihugu . Uyu munsi ndatangira mvuga ku mpamvu ari ... Read More » Nshobora kunesha nte icyaha mu buzima bwanjye bwa Gikristo? frash pic Bibiliya yerekana inzira zitandukanye zo kudufasha mu muhati wacu wo kunesha icyaha. Muri ubwo buzima, ntituzigera na rimwe tunesha icyaha burundu (1 Yohana 1:8), ariko iyo ntambara yagombye gukomeza kuba intego yacu. Dufashijwe n’Imana, kandi tuyobowe n’amahame y’Ijambo Ryayo, dushobora buhoro buhoro kunesha icyaha no guhinduka nka Kristo buri munsi. Inzira ya mbere itangwa na Bibiliya mu ntambara turwana zo ... Read More » Mbese agakiza kazanwa no kwizera byonyine, cyangwa kwizera guherekejwe n’imirimo? frash pic Iki gishobora kuba ari ikibazo cyiza cyane kurusha ibindi mu nyigisho zitandukanye zerekeye iyobokamana rya Gikristo. Iki kibazo ni cyo cyabaye imbarutso y’ivugururwa no kwitandukanya kw’Amatorero y’Abaporotesitanti n’Itorero rya Gatolika. Iki kibazo ni cyo kigize itandukaniro ry’ibanze hagati y’Ubukristo buvugwa muri Bibiliya n’imihango myinshi ya “Gikristo”. Mbese agakiza kazanwa no kwizera byonyine, cyangwa kwizera guherekejwe n’imirimo? Naba narakijijwe kubera kwizera ... Read More » Sobanukirwa ihishuriwa ryawe ry’impano yawe , rema ishimwe mu bugingo bwawe — NKIKABAHIZI JEAN BAPTISE frash pic Amazina yanjye nitwa Nkikabahizi Jean Baptise , nsengera mu Itorero rwa ADEPER Kimisagara II. Nifuje kwandika ubu butumwa mfite intego yo gukangura impano z’abanyamuhamagaro. kugira ngo babashe gusobanukirwa ihishurirwa ry’imirimo bahamagariwe gukora. ‘’( Yesaya 65.17-25 : Luka 17.5-6 ). Ihishurirwa ryo kwizera kurema imirimo. ‘’ ( Indirimbo yo gushimisha ya 394 ). Duhurure ngo twitabe, tujye mu ntambara. Mbe, kwicara kumaze ... Read More » UBUSESENGUZI : Kuki tutagomba kwiyahura ? frash pic Imitima yacu yerekeza ku bantu bafite ibitekerezo byo gushyira iherezo ku buzima bwabo biyahuye. Niba ari wowe nonaha, byaba bishaka kuvuga amarangamutima menshi, urugero: kwiburira icyizere no gutakaza ibyiringiro. Ushobora gucyeka ko uri mu rwobo rurerure cyane gusumba izindi nzobo, ikindi nta cyizere ufite yuko ibintu bizagenda neza. Nta muntu n’umwe ukwitayeho cyangwa witaye kumenya aho uturuka. Ubuzima ntacyo bumaze…cyangwa ... Read More » Umubare karindwi (7) nk’umubare utagatifujwe,ufite byinshi uvuga muri Bibiliya Fire number "7" Umubare karindwi (7) ufatwa nk’umubare ukomeye muri bibiliya . Ibi kandi bituma uyu mubare ufatwa nk’umubare utunganye cyangwa utagatifuje ariko ibi ntibihagije gusa kuko uyu mubare ntiwakoreshejwe ku bintu byiza gusa ,hoya ahubwo no kubintu bibi cyane nabwo uyu mubare warakoreshejwe. Ubwa mbere uyu mubare ugaragara ni mugitabo cy’Itangiriro:2 “Imana yaremye ijuru n’isi mu minsi itandatu maze ku munsi wa ... Read More » Menya inkomoko y’ubutumwa bwiza bunyuze mu ndirimbo( gospel songs) ndetse n’amajwi ane akoreshwa mu kuririmba. umunwa Byatangiriye muri America y’amajyaruguru mu gihe abacakara b’abirabura bahageraga mu mwaka 1612. Aba bacakara bari baturutse ku mugabane wa Afurika ntaburenganzira bari bafite bwo kugaragaza umuco wabo cyangwa ngo bagaragaze uko iwabo baririmba. Nibwo baje gutekereza maze bavumbura ubundi buryo bwo gucuranga ndetse bakaniririmba ariko badahagaritse imirimo yabo, ( worksongs) : n’uburyo bishyiraga hamwe bakaririmba kandi ibi babikoraga bari gukora mumurima ... Read More » Urujijo rukomeye n’ubwoba kuri Anti Christ ivugwa muri Bibiliya,Umuryango wa Illiminatti uri ku isi ndetse no kuzamurwa kw’abera. umwami yesu Abatuye Isi byose bafite ubwoba ndetse n’ikibazo gikomeye kuri Anti Christ Ivugwa muri Bibiliya ndetse na Illiminatti iri ku isi,Gusa akaenshi usanga biterwa nuko badafata umwanya uhagije ngo basome ibyanditswe byera. Isi yose baba abazi Imana (Basenga) ndetse n’abatayizi; bafite urujijo rukomeye ndetse ruvanze n’ubwoba bwinshi iyo bumvise izina Anti Kristo na Iliminati barushaho kwiheba no gukuka umutima. Nyamara nubwo ... Read

No comments:

Post a Comment