
Abakristo benshi ntibagitanga icya cumi, umukirisitu yahembwa cyangwa yakunguka akanga gutanga icya cumi ngo ntagiye gutanga amafaranga azaribwa n'abapagane bo mu idini, sibo mvunikira.(niko yita abayobozi b’Itorero rye).Imana iti genda ubabwire ngo wowe tanga ube wubatse mu ijuru, kuko nunagitanga bakakirya wowe uzabona umugisha wawe uko wakabaye, naho abo bakiriye nabo icyabo kibazo kizigwa ukundi ariko wowe wasohoje ibyo gukiranuka kwawe. muri make nguko uko bamwe batekereza ,abandi bati natanga icya cumi gute? nakibara gute ngo nkitange? kandi mwene data gutanga icya cumi ntabwo ari agahato ,nkuko bibiriya ibivuga ni umugisha uba ukorera . Reba nawe ubutunzi ufite .Imana ni yo yabuguhaye ,reka nkubwire muri make mugutanga Icyacumi .Umuntu atanga icyacumi mu buryo bwishi ,kandi atazi . Urugero; hari igihe ufasha umuntu ukamuha ibyokurya ,amazi .umwambaro wokwambara ,uvuga ko umufashije .icyogihe ubutanze icyacumi ,kubera yuko utanze ibivuye mu mutungo wawe, gutanga icyacumi ,ntabwo arugufata amafaranga ngo uyajyane kurusengero ngo abantu bakubone ,oya gusa.aho waba uri hose watanga Icyacumi ..
Ni byo koko ibyo uvuze ni byo abakirisitu benshi biganyira gutanga icya cumi bagira ngo kizaribwa n'abayobozi bakiyibagiza ko bagomba kubaha ijambo ry'Imana
ReplyDelete